Iyi nyandiko yerekana amategeko y'ukoresha urubuga rwa IMENA PRESS RWANDA (urubuga, serivisi, ibikorerwaho...). Niba Ukoresha uru rubuga uremera ko wemeye aya mategeko yose.
Amakuru yose yatanzwe ku rubuga ni ayukuri ku buryo bushoboka, ariko ntitwirengera ingaruka kubayakoresha nabi. Ntawemewe gukoresha amakuru y'urubuga mu buryo butemewe n'amategeko.
Umutungo nibyubwenge byose (inyandiko, amafoto, video, logo...) ni umutungo wa IMENA PRESS RWANDA cyangwa abafatanyabikorwa bayo. Ntawemewe gukoporora, guhindura, cyangwa gukoresha ibintu by'urubuga mu buryo butemewe cg atabiherewe uburenganzira
Ugomba kuba ufite imyaka 18 cyangwa hejuru. Ugomba kutabangama, gutuka, cyangwa gukoresha urubuga mu buryo butemewe n'amategeko ya Repubulika y'u Rwanda.
Urubuga rufite amalinki ajya ku zindi sites. Ntitugenzura izo sites kandi ntidufite ubushobozi kubyerekeye n'ibikorwa byazo. Gukoresha izo linki ku bwubushake rwanyu.
Twebwe nka IMENA PRESS RWANDA dushobora guhagarika serivisi igihe icyo ari cyo cyose.
Urenze kwizi ngamba namategeko yaregwa mu nkiko
Murakoze gukoresha Mountain Rwanda News. Niba ufite ibibazo, twandikire kuri contact@imenapressrwanda.com